Abagore b’abakristu bagiye impaka z’uko abakristu bagomba gutanga keya kubo bashakanye rubura gica

Ababyeyi bamenyerewe cyane mu murimo w’Imana barimo n’umupasiteri, Batamuriza Josephine, Kyomugisha Peace na Kamashazi Hope bagiranye ikiganiro n’umunyamakuru wa Nkundagospel ariko ntibemeranya uburyo bwo gutanga keya ku bashakanye cyane cyane ku bashumba b’itorero.
Icyakora aba bakozi b’Imana icyo bumvikanaho ni uko abakristo nabo baba bagomba kwita ku bashakanye ndetse bagahana keya hagati yabo.
Ikindi aba bakozi b’Imana bemeranyaho ni ukunenga abagore cyangwa abagabo birirwa mu rusengero bakibagirwa kwita ku miryango yabo.
Kyomugisha Peace umwe muri abo babyeyi yagize ati:
“Urugo niho tuba ubuzima bwacu bwose, hariho umugabo uhaha akumva ko gutanga keya yabirangije, cyangwa umugore agateka akanavuga neza akumva ko byarangiye ariko burya keya ni uguha umwanya umuntu wawe, keya tuyubakiraho urugo rugakomera. Umwanya wo ku rusengero ugomba kubaho ariko n’umwanya w’urugo ukaba umwihariko.”
Nubwo ibi byose babyumvikanyeho ariko iki kiganiro cyaje kuzamo impaka igihe umunyamakuru yabazaga abakristu uko bafata umushumba w’itorero bafataga nk’umuntu udasanzwe, mu gihe bamusanze yambaye umwenda wo ku mazi, abantu bakunze kwita bikini.
Umwe muri aba babyeyi witwa Batamuriza Josephine yasubije ko uretse no kwambara bikini ahubwo bakwiriye no gusomana mu ruhame ahamya ko ntategeko ribihana kuko biba byakozwe n’abashakanye. Yagize ati: “Njyewe nemerewe kujyana n’umugabo wanjye ku mazi niba ari cyo kintu kituryohera , njyewe nemerewe no kugenda mufashe ukuboko kuko kutubona ntacyo bimbwiye igihe njye n’umugabo turimo gukundana. N’abakunda gusomana nubwo njye ntabikunda ariko kubabikunda uremerewe kujya mu bukwe bw’abantu magana atatu ukamusomera mu ruhame.”
Mugenzi we Kyomugisha Peace nawe ntiyagiye kure y’ibyo mugenzi we yari amaze kuvuga dore ko yavuze bara imyenda y’aho. Yagize ati: “Usibye ko kwambaraye kositimu n’imishanana. mu gutanga keya harimo Ubwo umunyamakuru wa Nkundagospel yabazaga umushumba niba koko bajya babona umwanya wo gutanga keya o baba bafite mu bantu yatangaje ko babikora ariko”Nukuri gutanga keya turabikunda kandi turanabikora hari uburyo ariko tubikoramo, ubajije Peace, njy ku musenyi ku mazi mu ruhame. Ntabwo tujya ku mucko hari n’ibyo tutemerewe nk’abakozi b’Imana.Gusa