Aline Gahongayire yavugutiye umuti abanyeshyari

 Aline Gahongayire yavugutiye umuti abanyeshyari

Umuhanzikazi nyarwanda uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yavuze ko impamvu abantu babatwa n’ishyari ahanini biterwa no kutamenya agaciro baba bafite.

Aline Gahongayire umaze kwigarurira imitima ya benshi avuga ko umuti w’ishyari umuntu aterwa nuko hari abamuruta mu buryo bumwe cyangwa ubundi ari ukwiyumvamo umwihariko.

Yagize ati:” Ikintu cyatuma utandukana n’ishyari ni ukumenya neza ko ufite umwihariko kandi ukaba uri ikiremwa cyihariye cyaremwe mu ishusho igaragaza icyubahiro cy’Imana.”

Aline Gahongayire usibye kuba ari umuramyi, anakundirwa amagambo agira adasanzwe asubizamo abantu ibyiringiro.

Protais MBARUSHIMANA

http://www.nkundagospel.rw

Related post

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *